Byaba ari igihombo ku gihugu! Aya ni amwe mu magambo ya nyuma Rugamba Yverry wamamaye nka Yverry yavugiye ku butaka bw'u Rwanda mbere yo gufata rutemikirere imujyana mu Mujyi wa Vancouver no muri Toronto mu gihugu cya Canada.
Nk’uko tubikesha ubushakashatsi bw’ikinyamakuru Insider Monkey, u Rwanda ruri ku mwanya wa Kane mu kugira abagabo n'abasore beza kandi mu gihe ibihugu bituranye n’u Rwanda bitari hafi aho.
Umutoza wa Manchester City Pep Guardiola, nyuma gutsinda Brighton and Hove Alibions, yavuze ko ibyabaye kuri Liverpool ari ibisanzwe byaba no ku yandi makipe